KWIKUNDA

Icyaha, uko cyatangiye, uko cyaje mu isi, n’ingaruka kitugiraho.

Kutumvira IMANA n’ingaruka zabyo

KUTUMVIRA n’ingaruka zabyo Kutumvira k’umwe kwatumye benshi baba abanyabyaha… Romans 5 19. Kutumvira niko kwavuyemo kutizera, kutubaha, kuzamura umutima, kwikunda ariyo isoko y’ibyaha, ububabare n’urupfu. Kutumvira niko kwafunguriye inzira ikibi mu mutima wa muntu. Umuntu waremanywe umutima w’impuhwe n’ubugwaneza watumaga abasha kumvira, yigishwa kutumvira bimuzanira icyaha n’urupfu. Satani amaze kwinja umugore yasobanukiwe neza imbuto babujijwe […]

Kutumvira IMANA n’ingaruka zabyo Read More »

Icyaha n’Amategeko

https://youtu.be/FbUqVMd-csw?feature=shared Icyaha n’Amategeko :Abaroma 8, 1 Yohani 3:4 Icyaha ni ukubusanya cyangwa kugandira amategeko. Kuganda bi ukwigomeka. “Umuntu wese ukora icyaha aba agandiye itegeko ry’Imana, ndetse gukora icyaha cyose ni ko kugandira itegeko ryayo. Muzi yuko Kristo yazanywe ku isi no gukuraho ibyaha, kandi we nta cyaha agira (1 Yohani 3:4‭-‬5 BIR)” Mbere yuko twiga uko

Icyaha n’Amategeko Read More »

Kwikunda ni ukurwanya IMANA

Ntimugakunde iby’isi cyangwa ibiri mu isi. Umuntu nakunda iby’isi, gukunda Data wa twese ntikuba kuri muri we, kuko ikiri mu isi cyose ari irari ry’umubiri ari n’irari ry’amaso, cyangwa kwibona ku by’ubugingo bidaturuka kuri Data wa twese, ahubwo bituruka mu isi.  (1 Yohana 2:15-16 ). Tumaze iminsi tuvuga ku mwuka wo kwikunda, uwo satani yihisha

Kwikunda ni ukurwanya IMANA Read More »

6. IMANA itugaburira gute?

Ntimukiganyire ibyo muzarya, muzanywa cyangwa muzambara Tumaze iminsi tuvuga ku nkuru zerekeye uko icyaha cyaje mu isi n’uko cyashegeshe muntu kubera umwuka wo kwikunda satani yateye mu bantu, noneho reka tuganire uko IMANA itubeshejeho. Uvuze ngo IMANA niyo idutunze abantu bamwe bashobora kuguseka kuko batabasha kubyumva. Ariko nta muntu n’umwe ushobora kwibeshaho atabeshejweho n’IMANA. N’abakire

6. IMANA itugaburira gute? Read More »

5. Ingaruka z’icyaha cya Adamu kuri twe

Mu isomo ry’ubushize twabonye ko Adamu yakoze icyaha cyo kutumvira IMANA, kikangiza kamere ye kugeza aho yirukanwe muri Eden maze akajya kuba mu isi yavumwe (Intangiriro 3:17), aho atashoboraga kwangiza izindi mbuto zitanga ubugingo. IMANA yari yaramuhaye Isezerano ryo kororoka no kugwira bakuzura isi (Intangiriro 1:28). Muri we hari hinjiyemo ikibi, kandi yari yararemwe mu Ishusho

5. Ingaruka z’icyaha cya Adamu kuri twe Read More »

4. Icyaha cya Adamu kitugeraho gite?

Adamu yakoze icyaha natwe kikatugiraho ingaruka. Bibiliya ibisobanura mu murongo ukurikira: Kandi nk’uko kutumvira Imana k’umuntu umwe kwateye ko abenshi baba abanyabyaha, ni ko no kuyumvira k’umwe kuzatera ko abenshi baba abakiranutsi (Abaroma 5:19). IMANA yaremye ibintu ibitegeka uko bigomba kubaho. Yaremye umugabo n’umugore, bombi bahabwa inshingano zo kororoka, nk’uko n’inyamaswa bigenda. Ababyeyi ni bo

4. Icyaha cya Adamu kitugeraho gite? Read More »

3. Kwikunda byinjizwa mu bantu

KWIKUNDA KWINJIZWA MU BANTU Nk’uko twabibonye ubushize, ko satani yagushijwe n’uko umutima we wishyize hejuru akumva ameze cyangwa nawe yaba nk’IMANA, byatumye ananirwa kumvira ndetse kugeza aho yirukanywe mu Ijuru. Umujinya wose wo kubura ibyo umutima we wari ugambiriye, yawumanukanye aje kwihorera hano ku isi. Nuko rero wa juru we, namwe abaribamo nimwishime. Naho wowe wa

3. Kwikunda byinjizwa mu bantu Read More »

2. Inkomoko y’umwuka wo kwikunda-inkomoko y’icyaha

Kwikunda nibyo byagushije satani Nk’uko ubushize twabibonye ko KWIKUNDA ari mo ibyaha bishingiye kandi akaba ari cyo ikibazo gikomeye muri bantu, burya no mu Ijuru kwikunda byasize bihasenye. Kwikunda nicyo kibazo muzi kizana ibibi byose byo ku isi. Noneho reka turebe inkomoko yacyo. Iyo usomye Ezekiel 28 yose, Yesaya 14:13, no mu Ibyahishuwe 12; basobanura

2. Inkomoko y’umwuka wo kwikunda-inkomoko y’icyaha Read More »

girl, woman, female-6920625.jpg

1. Umwuka wo kwikunda-imizi y’icyaha

KWIKUNDA NIHO IBYAHA BYOSE BISHINGIYE Ikintu gituma abantu batandukana ni iyo umwe muribo yerekanye gukunda inyungu bwite muri we. Abandi bahita bacika intege. Kwikunda niryo pfundo ry’ibibazo byose dufite ku isi. Kwikunda nibyo byatumye satani agira ngo yaba nk’IMANA nawe kuko atashatse kubaha IMANA Umuremyi wa byose (Ezekiyeli 28, Yesaya 14:13-15). Kwikunda nibyo satani yigishije

1. Umwuka wo kwikunda-imizi y’icyaha Read More »

Home
Bibiliya
WhatsApp
YouTube
Aderessi