Kutumvira IMANA n’ingaruka zabyo
KUTUMVIRA n’ingaruka zabyo Kutumvira k’umwe kwatumye benshi baba abanyabyaha… Romans 5 19. Kutumvira niko kwavuyemo kutizera, kutubaha, kuzamura umutima, kwikunda ariyo isoko y’ibyaha, ububabare n’urupfu. Kutumvira niko kwafunguriye inzira ikibi mu mutima wa muntu. Umuntu waremanywe umutima w’impuhwe n’ubugwaneza watumaga abasha kumvira, yigishwa kutumvira bimuzanira icyaha n’urupfu. Satani amaze kwinja umugore yasobanukiwe neza imbuto babujijwe […]
Kutumvira IMANA n’ingaruka zabyo Read More »