Theo

YESU Kristu uwo ari we

  Ese wamenye neza uwo YESU Kristu ariwe? Kumumenya by’ukuri bigira akamaro kuko nibwo urushaho kumugandukira ubutware bwe bukakugirira akamaro. Iyo uha umuntu agaciro bituma akugiraho ububasha bikakungukira kurusha uwamupinze cyangwa utamwitayeho. Numenya YESU by’ukuri uzamukunda, nawe azagukunda kandi aguhindure. Imyemerere yawe, imigendere, imyambarire, imitekerereze, imibereho ndetse n’uburyo ubanye n’abandi.nabyo bizahinduka. Kumumenya bitera umunezero mwinshi, ariko si […]

YESU Kristu uwo ari we Read More »

UBUZIMA BWA ABEL BWASHUSHANYAGA YESU MU ISEZERANO RISHYA.

N’ubwo mu Isezerano Rishya batabitinzeho ngo berekane ubuzima bwa Abeli ko bwari nk’ishusho w’ubuzima bwa YESU, ariko iyo tubisonye hari byinshi tubona mu buzima bwa Abeli byashushanyaga ubuzima bw’Umwami YESU hano ku isi.  Bombi bari Abungeri b’intama. Bombi bari abatambyi Bombi bagiriwe ishyari n’abavandimwe babo barabica. Mu kwizera no kumvira kwabo  batanze igitambo kinezeza IMANA,

UBUZIMA BWA ABEL BWASHUSHANYAGA YESU MU ISEZERANO RISHYA. Read More »

Kutumvira IMANA n’ingaruka zabyo

KUTUMVIRA n’ingaruka zabyo Kutumvira k’umwe kwatumye benshi baba abanyabyaha… Romans 5 19. Kutumvira niko kwavuyemo kutizera, kutubaha, kuzamura umutima, kwikunda ariyo isoko y’ibyaha, ububabare n’urupfu. Kutumvira niko kwafunguriye inzira ikibi mu mutima wa muntu. Umuntu waremanywe umutima w’impuhwe n’ubugwaneza watumaga abasha kumvira, yigishwa kutumvira bimuzanira icyaha n’urupfu. Satani amaze kwinja umugore yasobanukiwe neza imbuto babujijwe

Kutumvira IMANA n’ingaruka zabyo Read More »

Kwizera nk’ukw’abana bato

  ‭‭Matayo‬ ‭18:3‭-‬4‬ ‭BYSB [3]  arababwira ati “Ndababwira ukuri yuko nimudahinduka ngo mumere nk’abana bato, mutazinjira mu bwami bwo mu ijuru. [4] Nuko uzicisha bugufi nk’uyu mwana muto, ni we mukuru mu bwami bwo mu ijuru.  KWIZERA NK’ABANA BATO.  Umwana iyo akibana n’ababyeyi be aba afite amahoro menshi mu mutima we. Ikibazo cyose ahuye nacyo

Kwizera nk’ukw’abana bato Read More »

Icyaha n’Amategeko

https://youtu.be/FbUqVMd-csw?feature=shared Icyaha n’Amategeko :Abaroma 8, 1 Yohani 3:4 Icyaha ni ukubusanya cyangwa kugandira amategeko. Kuganda bi ukwigomeka. “Umuntu wese ukora icyaha aba agandiye itegeko ry’Imana, ndetse gukora icyaha cyose ni ko kugandira itegeko ryayo. Muzi yuko Kristo yazanywe ku isi no gukuraho ibyaha, kandi we nta cyaha agira (1 Yohani 3:4‭-‬5 BIR)” Mbere yuko twiga uko

Icyaha n’Amategeko Read More »

Kwizera kutagira ibikorwa kuba gupfuye

Nuko rero nk’uko umubiri udafite umwuka uba upfuye, ni ko no kwizera kudafite imirimo kumeze, kuba gupfuye (Yakobo 2:26) “Mbese bene Data, byavura iki niba umuntu avuga yuko afite kwizera, nyamara akaba ari nta mirimo akora? Bene uko kwizera kwabasha kumukiza? Cyangwa se, hagira mwene Data w’umugabo cyangwa w’umugore wambaye ubusa, kandi akaba abuze ibyokurya

Kwizera kutagira ibikorwa kuba gupfuye Read More »

Yozefu agambanirwa na Yuda bishushanya YESU agambanirwa na Yuda

Inkuru ya Yosefu ni ya YESU birasa. Yosefu na Yesu bombi bahemukiwe numuntu witwa YUDA/ YUDA. Amasezerano yakozwe babagurishije kuri benewabo n’ubundi ibice byinshi by’ifeza : 20 kuri Yozefu na 30 kuri YESU (Itangiriro 37: 26-28; Matayo 26: 14-16). Yozefu yagurishijwe kub’ ishimayeli: bakomoka k’umwana wa Aburahamu ku mugore w’umuja witwaga Hagayi, naho YESU we

Yozefu agambanirwa na Yuda bishushanya YESU agambanirwa na Yuda Read More »

Kuvuka bwa Kabiri

Ese kuvuka bwa kabiri bisobanura iki? Iri jambo kuvuka bwa Kabiri ryazanywe n’Umwami YESU yigisha ukuntu abantu bashobora guhinduka bakaba abana b’IMANA. Na Nikodemu yaribwiraga ntabwo yabashije kuryumva, ariko Umwami YESU ararimusobanurira. Hariho umuntu wo mu Bafarisayo witwaga Nikodemo, umutware wo mu Bayuda. Uwo yasanze Yesu nijoro aramubwira ati “Mwigisha, tuzi yuko uri umwigisha wavuye

Kuvuka bwa Kabiri Read More »

Ese IMANA yihereye muntu isi ngo ayitwarire?

Muri iyi nkuru, tugiye kurebera hamwe: uko IMANA yahaye muntu gutwara isi Uko inzoka yamushutse ikamwigisha kutumvira IMANA Uko icyo cyaha aricyo muntu akirwana nacyo kimutandukanya n’IMANA Impamvu dukwiye gusenga Impamvu dukwiye gutura IMANA amaturo IMANA yahaye abantu ubutware IMANA yaremye abantu mu Ishusho na Kamere yayo, irangije ibaha ubutware ngo batware ibiremwe byo mu

Ese IMANA yihereye muntu isi ngo ayitwarire? Read More »

Kwikunda ni ukurwanya IMANA

Ntimugakunde iby’isi cyangwa ibiri mu isi. Umuntu nakunda iby’isi, gukunda Data wa twese ntikuba kuri muri we, kuko ikiri mu isi cyose ari irari ry’umubiri ari n’irari ry’amaso, cyangwa kwibona ku by’ubugingo bidaturuka kuri Data wa twese, ahubwo bituruka mu isi.  (1 Yohana 2:15-16 ). Tumaze iminsi tuvuga ku mwuka wo kwikunda, uwo satani yihisha

Kwikunda ni ukurwanya IMANA Read More »

Home
Bibiliya
WhatsApp
YouTube
Aderessi