Post Views: 559
Wari uzi aho abantu dukomoka n’aho izina ryacu ryavuye? Wari uzi ko twaremanwe umutima mwiza w’ubumuntu ari nayo mico myiza ya muntu, kandi ko twaremwe mu ishusho y’IMANA no mu misusire yayo? Iyi mico myiza ya muntu ni impuhwe, imbabazi, ubugwaneza, umutima mwiza, ubuntu, urukundo, no kwihangana.Byaje kugenda gute se? Kubera iki iyi mico yacu myiza igenda icika? Kubera iki ku isi hari ububabare bwinshi? Ese ibi twabikizwa n’iki?
Aka gatabo karasubiza ibi bibazo byose.