Ubumuntu

Kamere karemano ya muntu ni ubumuntu. Twaremewe gukundana no kubana, dusenyera umugozi umwe kugira ngo tubashe kugera kuri gahunda Umuremyi wacu yaturemeye.
Kugira ngo tubane neza ni uko Umuremyi adushyira hamwe akoreshe Umwuka we w’Urukundo arirwo ruhuza imitima yacu, runyuze mu bikorwa bya kimuntu tugirirana.

Iyo mico kamere ya muntu agirira abandi abisangaho, bafashanya mu mibereho ya buri munsi kugira ngo twuzuzanye twuzuza inshingao z’Uwaturemye yitwa UBUMUNTU

Kuvuka bwa Kabiri

Ese kuvuka bwa kabiri bisobanura iki? Iri jambo kuvuka bwa Kabiri ryazanywe n’Umwami YESU yigisha ukuntu abantu bashobora guhinduka bakaba abana b’IMANA. Na Nikodemu yaribwiraga ntabwo yabashije kuryumva, ariko Umwami YESU ararimusobanurira. Hariho umuntu wo mu Bafarisayo witwaga Nikodemo, umutware wo mu Bayuda. Uwo yasanze Yesu nijoro aramubwira ati “Mwigisha, tuzi yuko uri umwigisha wavuye […]

Kuvuka bwa Kabiri Read More »

Ese IMANA yihereye muntu isi ngo ayitwarire?

Muri iyi nkuru, tugiye kurebera hamwe: uko IMANA yahaye muntu gutwara isi Uko inzoka yamushutse ikamwigisha kutumvira IMANA Uko icyo cyaha aricyo muntu akirwana nacyo kimutandukanya n’IMANA Impamvu dukwiye gusenga Impamvu dukwiye gutura IMANA amaturo IMANA yahaye abantu ubutware IMANA yaremye abantu mu Ishusho na Kamere yayo, irangije ibaha ubutware ngo batware ibiremwe byo mu

Ese IMANA yihereye muntu isi ngo ayitwarire? Read More »

Kubera iki hari ikibi n’ububabare kuri iyi si?

Hari ibibi byinshi bibera muri iyi si kubera umutima wa muntu (UBUMUNTU) wangiritse. Ikibi kiza kizanywe n’umuntu hanyuma akagikwiza mu bandi. Ikibi gituruka mu myitwarire mibi yacu tugirira abandi. Urugero: Nk’ubu mfite umugore n’abana, hanyuma tugatandukana na we. Ari umugore, ari abana, bose bagiye kubaho ubuzima bw’uburushyi kubera njyewe. Abana bagakwiriye kurerwa n’ababyeyi bombi bafatanyije

Kubera iki hari ikibi n’ububabare kuri iyi si? Read More »

Ubumuntu

Ubumuntu Ubugome, ubunyamaswa Ni gute twatakaje ubumuntu? Icyaha kidutandukanya n’IMANA. YEZU KRISTU Umukiza Kunaniza IMANA,kwanga gukizwa. Umwanzuro Ubumuntu Tugiye gusesengura inkomoko y’izina umuntu. Umuntu ni uri mu bwoko bw’abantu, nkanjye na we.Umuntu n’ubumuntu birajyanirana ndetse bisobanura kimwe, ariko ubumuntu bwo bufite igisobanuro cyimbitse. Mu rurimi rw’icyongereza niho babisobanura neza; ubumuntu bwitwa HUMANITY. Nk’uko bigaragara ku

Ubumuntu Read More »

Home
Bibiliya
WhatsApp
YouTube
Aderessi