January 2024

Kutumvira IMANA n’ingaruka zabyo

KUTUMVIRA n’ingaruka zabyo Kutumvira k’umwe kwatumye benshi baba abanyabyaha… Romans 5 19. Kutumvira niko kwavuyemo kutizera, kutubaha, kuzamura umutima, kwikunda ariyo isoko y’ibyaha, ububabare n’urupfu. Kutumvira niko kwafunguriye inzira ikibi mu mutima wa muntu. Umuntu waremanywe umutima w’impuhwe n’ubugwaneza watumaga abasha kumvira, yigishwa kutumvira bimuzanira icyaha n’urupfu. Satani amaze kwinja umugore yasobanukiwe neza imbuto babujijwe […]

Kutumvira IMANA n’ingaruka zabyo Read More »

Kwizera nk’ukw’abana bato

  ‭‭Matayo‬ ‭18:3‭-‬4‬ ‭BYSB [3]  arababwira ati “Ndababwira ukuri yuko nimudahinduka ngo mumere nk’abana bato, mutazinjira mu bwami bwo mu ijuru. [4] Nuko uzicisha bugufi nk’uyu mwana muto, ni we mukuru mu bwami bwo mu ijuru.  KWIZERA NK’ABANA BATO.  Umwana iyo akibana n’ababyeyi be aba afite amahoro menshi mu mutima we. Ikibazo cyose ahuye nacyo

Kwizera nk’ukw’abana bato Read More »

Home
Bibiliya
WhatsApp
YouTube
Aderessi