Kuvuka bwa Kabiri

Ese kuvuka bwa kabiri bisobanura iki? Iri jambo kuvuka bwa Kabiri ryazanywe n’Umwami YESU yigisha ukuntu abantu bashobora guhinduka bakaba abana b’IMANA. Na Nikodemu yaribwiraga ntabwo yabashije kuryumva, ariko Umwami YESU ararimusobanurira. Hariho umuntu wo mu Bafarisayo witwaga Nikodemo, umutware wo mu Bayuda. Uwo yasanze Yesu nijoro aramubwira ati “Mwigisha, tuzi yuko uri umwigisha wavuye […]

Kuvuka bwa Kabiri Read More »